Publié le 30 Septembre 2013
Nyuma y’aho umwaka ushize inteko shinga mategeko y’u Rwanda itoreye itegeko rishyiraho iguriro rizajya rifasha abapolisi n’abasirikare bari mu kazi mu rwego rwo kubona aho bahahira badahenzwe, ubu harateganywa ko iryo guriro rizagaba amashami mu gihugu...