Top articles
-
Imfungwa n’abagororwa ba gereza ya Mpanga basohoye indirimbo ivuga ku Agaciro Development Fund
SOURCE:K2D Edmond Munyurangabo (hagati) abyina indirimbo yahimbiye ikigega Agaciro Development Fund. Imfungwa n’abagororwa bafungiye muri gereza ya Mpanga iri mu karere ka Nyanza bishyize hamwe bahimba indirimbo yamamaza Agaciro Development Fund kugira...
-
Chelsea Clinton yavuze ku ruzinduko we na se bagiriye mu Rwanda
William ‘Bill’ Clinton mu ruzinduko yarimo mu Rwanda yari aherekejwe n’umukobwa we Chelsea Clinton, uyu mugore w’imyaka 32yagize ibyo avuga ku ruzinduko yagiranye na se mu Rwanda. Ibi akaba ari bimwe mubyo yatangaje: Chelsea Clinton we na se Bill ubwo...
-
Chivura Moise arashinjwa guhinga urumogi i Masisi akarushora mu Rwanda
Uyu munyecongo arashinjwa na Police y’u Rwanda gushora urumogi rwinshi mu Rwanda aruvanye muri DRCongo aho aruhinga mu gace ka Masisi. Chivura Moise uzwi muri business yo gutunganya imbaho mu Rwanda arashinjwa guhinga urumogi i Masisi akarushora mu Rwanda...
-
Cameroun : Cpt Innocent Ruzigaminturo yivuganye Umunyacameroun none Abanyarwanda ntibasinzira
Mw’ijoro ryo kuwa 9 rishyira iya 10 z’uku kwezi, Abanyarwanda batuye kandi bagacururiza ahitwa Ahala mu mujyi wa Yaounde baraye basahurwa aho bacururiza muri iyo karitsiye. Ibyo byatangiye tariki ya 7/5/210 bitewe n’urupfu rw’uwitwa Daniel Brice Evina...
-
Arusha : Urugereko rw’Ubujurire rwashimangiye igifungo cy’imyaka 30 Gen Bizimungu yakatiwe
Umucamanza mukuru mu Rugereko rw’Ubujurire mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha(TPIR), Theodor Meron, yemeje igifungo cy’imyaka 30 k’uwahoze ari Umugaba w’Ingabo za Leta yariho muri Jenoside yakorewe Abatutsi(FAR), Gen Augustin...
-
Polisi y’u Rwanda iravuga ko yiteguye guhangana n’ibitero by’iterabwoba
Nyuma y’ibitero byagabwe ku nyubako ya Westgate mu mujyi wa Nairobi muri Kenya, bigahitana abantu barenga 70, Polisi y’u Rwanda imaze gutangaza ko yafashe ingamba zo gukumira ibitero nk’ibi mu gihe haba hari abafite umugambi wo kubigaba. Umuvugizi wa...
-
U Rwanda, Kenya na Uganda byatangiye kwiga uko byahuza indangamutu na Visa
Ejo kuwa gatanu tariki 13 Nzeri mu Rwanda hazabera inama igamije kunononsora umushinga wo guhuza indangamuntu ndetse na visa bizaba bihuriyeho n’u Rwanda, Kenya na Uganda. Umushinga biteganyijwe ko uzashyirwa mu bikorwa guhera tariki ya mbere Mutarama...
-
S Africa: Urukiko rwumvise ibisabwa ko Kayumba yakwamburwa ubuhungiro
Kuri uyu wa mbere, urukiko rukuru rwa Africa y’Epfo rwumvise ikirego rwagejejweho n’ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’impunzi muri icyo gihugu, Consortium for Refugees and Migrant Rights in South Africa (CoRMSA) ryasabaga ko Kayumba Nyamwasa yakwamburwa...
-
Uganda: Ibisasu byahitanye 64 mu mujyi wa Kampala
Abantu bagera kuri 64 nibo byatangajwe ko bishwe n’ibisasu byaturikiye mu mujyi wa Kampala mu ijoro ryo kuri iki cyumweru , ubwo abantu bari bateraniye ahitwa Kyadondo Rugby Club, muri Ethiopian Village Restaurant i Kabalagala, ndetse n'ahitwa Ntinda...
-
Depite Bamporiki yanenze ibyo Abahutu bakomoka iwabo bakoreye bene wabo b’Abatutsi
Mu kiganiro yatanze ubwo hatangizwaga gahunda ya “Ndi Umunyarwanda” mu karere ka Rusizi, Depite Bamporiki Edouard yavuze ko agize umugisha wo guhagarara mu bice by’iwabo i Cyangugu kugirango yamagane kandi anenge ibyakozwe mu izina ry’Abahutu Muri uwo...
-
Minisitiri Kamanzi yasabye imbabazi Abatutsi mu izina ry’Abahutu
Minisitiri w’umutungo kamere, Stanislas Kamanzi yasabye imbabazi “Abatutsi kubera ibyaha bakorewe n’Abahutu”, kugira ngo abakozi ba Ministeri ayobora ya MINIRENA n’ibigo biyishamikiyeho ari byo Ikigo cyo kubungabunga ibidukikije REMA n’icyo guteza imbere...
-
A boost from Boston in Rwanda’s cancer fight
By Helen Shen | PARTNERS IN HEALTH Nurse Nicole Akisanye (left) prepared to adminster a chemotherapy treatment to a breast cancer patient in the new cancer ward at the Butaro Hospital in Rwanda Save In Rwanda, a country with not a single cancer specialist,...
-
Isomwa ry’urubanza rwa Ingabire Victoire ryimuwe
Ingabire Victoire arasabirwa gufungwa burundu. Isomwa ry’urubanza rwa Ingabire Victoire ryari riteganyijwe kuri uyu wa gatanu ryimuriwe tariki 07/09/2012, nyuma y’uko urukiko rutangaje ku rutararangiza gusuzuma neza urubanza rwe. Asoma umwanzuro w’urukiko,...
-
U Rwanda ntirugaragara muri raporo ya UN ku ntambara yo muri Kongo
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye kuri Congo yashyizwe ahagaragara nta ruhare rw’u Rwanda igaragaza mu ntambara ibera muri icyo gihugu, nubwo hari hashize iminsi ibitangazamakuru bivuga ko u Rwanda rushobora kuba rufasha abarwanyi ba M23. Raporo yasohotse...
-
Mutaboba to get RDF protection
Secretary General, Ban Ki-moon receives Joseph Mutaboba shortly after being appointed as UN Special Envoy to Guinea-Bissau. (UN Photo ) By James Karuhanga A five-man Rwanda Defence Forces team that has been undergoing training since January 28 will soon...
-
FDLR ngo ifashwa n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri Congo
Amakuru yemezwa n’abarwanyi ba FDLR avuga ko ikomeje gukorana n’imiryango nterankunga mpuzamahanga ikorera muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ndetse imwe muri iyo miryango ikaba ibagezaho ibiribwa indi ikaba imodoka zo gukoresha. Maniranzi...
-
Paris: Ubushinjacyaha bukuru burifuza ko Abanyarwanda 2 bakekwaho Jenoside boherezwa mu Rwanda
Ubushinjacyaha bukuru bw’i Paris burasaba ko Abanyarwanda babiri bakekwaho Jenoside boherezwa mu Rwanda kugira ngo baburanishwe ku byaha bakekwaho gukora muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994. Ku gatatu w’icyumweru gitaha tariki 25 Nzeli, nibwo biteganijwe...
-
Mandela yorohewe – Perezida Zuma
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 12 Kamena, Perezida wa Afurika y’epfo Jacob Zuma yabwiye inteko ishingamatego yo mu gihugu cye ko umukambwe Nelson Mandela Madiba yatangiye koroherwa nkuko bitangazwa na SABC. Umukambwe Nelson Mandela Madiba Perezida...
-
Ingabo za Congo zafashe bugwate umwana wo mu Rwanda bashaka amafaranga bayabuze bamwahiza inkeri
Umwana w’imyaka 12 wo mu kagari ka Rusura, umurenge wa murenge wa Busasamana mu karere ka Rubavu taliki ya 12/2/2014 yafashwe bugwate amasaha umunani n’ingabo za Congo zikorera mu gace ka Kibati nyuma yuko zitabashije gutwara inka zari ku mupaka w’u Rwanda...
-
Umushinga w’umunara wa Karisimbi ngo uzaba wuzuye muri 2017
Nyuma y’uko umushinga wo kubaka umunara w’itumanaho wa Karisimbi udindiye ubu ngo ugiye kwihutishwa urangire mu w’2017. Umunara wa Kalisimbi/photo TNT Uyu mushinga wa Karisimbi ufatwa nk’igikorwa remezo cyakoroshya itumanaho mu Muryango w’Ibihugu by’Afrika...
-
Ingabo za Botswana zaje gukomeza umubano n’izo mu Rwanda
22 Ukwakira – Ingabo z’u Rwanda zakiriye itsinda ry’abasirikare bakuru b’igisirikare cya Botswana baje gukomeza umubano igisirikare cy’u Rwanda na Botswana bafitanye. Abasirikare baturutse muri Botswana bari kuganirizwa ku ngabo z’u Rwanda kuri uyu wa...
-
Kayumba Nyamwasa ntari muri Uganda: Sam Kutesa
Minisitiri wa Uganda ushinzwe ububanyi n'amahanga bwana Sam Kutesa yatangaje ko Kayumba Nyamwasa wahoze ari ambasaderi w'u Rwanda mu Buhinde, ubu akaba yarakuwe kuri uwo mwanya, atari muri Uganda. Nk'uko tubikesha ikinyamakuru The New Vision cyo muri...
-
Rwanda na Congo byemeje ko hajyaho ingabo mpuzamahanga zirinda umutekano ku mupaka w’ibihugu byombi
Perezida Kagame na Kabila mu biganiro i Addis Ababa muri Ethiopia. Mu biganiro bagiriye i Addis Ababa muri Ethiopia, Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame na Perezida wa Kongo, Joseph Kabila, bemeje ko bashyigikiye ko habaho umutwe w’ingabo mpuzamahanga mu...
-
Hagati y'u Rwanda na Congo hasinywe amazeserano y'ubufatanye mu by'ingufu
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, hagati ya Guverinoma y’u Rwanda n’igihugu cya Congo Brazzaville hasinywe amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ingufu, ibi bikaba byarabereye kuri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, ku ruhande rw’u Rwanda hari Umunyamabanga...
-
Paris: Ifatwa ry’umwanzuro ku iyoherezwa mu Rwanda kwa Muhayimana na Musabyimana ryimuwe
Kuwa gatatu w’iki cyumweru tariki 25 Nzeli 2013, abantu batandukanye bari bahanze amaso ku rukiko rwa rw’ubujurire rw’i Paris kugira ngo bamenye niba rwohereza mu Rwanda rwohereza Claude Muhayimana na Innocent Musabyimana bakekwaho kugira uruhare muri...