Publié le 23 Avril 2019
Ibibazo biri hagati y’u Rwanda na Uganda kuri ubu, byanareberwa ku mpamvu umuntu yakwita izishingiye ku nkomoko. Nubwo ubu abari ku butegetsi muri Uganda bava mu gatsiko ko mu bwoko bw’abahima kayobowe na Museveni, kubyumva neza birasaba kujya mu mizi...