Publié le 30 Décembre 2018
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yasabye Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) ko haterana inama idasanzwe mu maguru mashya kugira ngo yige ku bibazo biri hagati y’igihugu cye n’icy’u Rwanda. Perezida Nkurunziza mu kiganiro n’abanyamakuru...